Adeline Mahirwe yari gutengwa iyo biba kera! Ibyo kwishimira ku buyobozi bwa Rev. Isaie Ndayizeye
Mu myaka yashize, hari injyana zimwe na zimwe z’umuziki zafatwaga nk’izidakwiriye kuririmbwamo ubutumwa bwiza mu matorero amwe by’umwihariko ADEPR. Muri zo harimo na Rap, aho hari abahanzi benshi bashoboraga kutemererwa kuririmba cyangwa se bagahanwa kubera guhitamo iyo njyana. Muri ADEPR, (…)