Abakobwa b’uburanga ku isonga mu byatumye Rev. Dr. Rutayisire ataba Padiri
Rev. Dr. Antoine Rutayisire, mu kiganiro yagiranye na Kigali Today, yatangaje ko mu busore bwe yigeze gutekereza kujya mu bupadiri, ariko akaza kwisubiraho nyuma yo gusuzuma ubushobozi bwe n’amarangamutima yari afite. Mu buhamya bwe, yavuze ko ageze ku myaka 19 y’amavuko ari bwo yatangiye (…)