Opinion: Ibintu bitanu M Irene yibagiwe gufasha Vestine na Dorcas mbere y’uko batandukana
Nta washidikanya ko Murindahabi Irene uzwi nka M. Irene yagize uruhare rukomeye mu kuzamura Vestine na Dorcas mu muziki wa Gospel, ariko hari ibyo yibagiwe mu mboni za Paradise. Mu myaka itanu bakoranye, Irene yafashije Vestine na Dorcas kuba bamwe mu bahanzi bakomeye muri Gospel nyarwanda, (…)