Birambabaza! Kuki ADEPR idaha Pentekote uburemere ikwiye, n’abahanzi bayo bakicecekera?
Hari ibibazo umuntu ahora yibaza, ariko akabura aho abibariza. Kimwe muri byo ni iki: Kuki umunsi wa Pentekote udahabwa uburemere bukwiye mu Itorero rya ADEPR, kandi ari wo munsi uvuga inkomoko y’ubuzima bw’iri torero?. Ibi mbyanditse nk’igitekerezo cyanjye bwite, si ugucira urubanza umuntu (…)