Birababaje kuba Abakristo twese twagaraduwetinze mu ishuri ry’abacamanza - Apôtre Gitwaza
Mu buzima bwa buri munsi, si kenshi abantu bahagarara ngo bibaze ku buryo bafata abandi mu gihe bakoze amakosa. Ni byo byatumye Apôtre Gitwaza akebura abaca imanza. Kenshi usanga aho kugira ngo abakoze amakosa bagaragarizwe imbabazi n’ubworoherane, bahita bacirwa urubanza n’ababareba. Ibi ni (…)