Abakristo bo mu Burasirazuba bwo Hagati bari kwiyongera cyane, amatorero akabura ubushobozi bwo kubakira
Abayobozi b’Abakristo bakorera mu Burasirazuba bwo Hagati batangaje ko hari ukwiyongera gukomeye kw’abantu bagaragaza inyota yo kwizera Yesu Kristo, ariko abizera bashya ntibahabwe agaciro!. Uku kwiyongera kwatewe n’intambara, ubuhunzi, (…)