RURA yatangaje ko hari gahunda yo kugabanya moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali
Rugigana Evariste, Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe zifitiye igihugu akamaro (RURA), yatangaje ko hari gahunda yo kugabanya moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali. Yabigarutseho ku wa Gatatu, (…)