Nelson Mucyo wigeze gukorana na The Mane yasabye urubyiruko kutarangazwa na Bad Rama
Umunyamakuru Nelson Mucyo watangaje ko yigeze gukorana na Label ya The Mane, yasabye urubyiruko kutarangazwa na Bad Rama wayishinze ndetse akaba n’umuyobozi wayo, ubu akaba yarijanditse mu guharabika ubutegetsi buriho mu Rwanda. Nyuma (…)