Ibintu bikwiye kuranga ADEPR twifuza nk’itorero ry’Umwuka
Hirya no hino ku isi abantu benshi bibaza ku mahame ya ADEPR ndetse abandi bakavuga ko itorero rya ADEPR riri mu matorero azitira abantu. lyo tuvuze ADEPR tuba tuvuze abantu bayibarizwamo. Hari indangagaciro zikwiye kuranga uwo muntu nk’uko (…)