Urupfu rw’umuntu umwe rwabereyeho kudushimisha ngo abapfuye bose ku Isi bazazuke!
Mu mateka y’isi, hari inkuru imwe idasanzwe yahinduye ubuzima bw’abantu benshi, inkuru y’urupfu rwa Yesu Kristo. Ni urupfu rutari urw’impanuka, ahubwo rwari urwo gutanga igitambo, kugira ngo abantu bazabone ubugingo n’agakiza. Yesu yapfuye (…)