Kuki ndiho ntarapfa? – Ikibazo buri musore n’inkumi bakwiriye kwibaza
Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bakunda kubaza ibibazo byinshi bijyanye n’imibereho, ariko kimwe mu bibazo bikomeye ku isi, ni iki kibazo cyoroshye kibaza ngo: “Kuki ndiho, ntarapfa?” Iyo umuntu akangutse mu gitondo, akabona izuba, (…)