Grace Room Ministries ikwiriye kujurira cyangwa kwemera imyanzuro ya RGB igasaba imbabazi?
Nyuma y’icyemezo cyafashwe na RGB cyo kwambura ubuzima gatozi Grace Room Ministries yashinzwe na Pastor Julienne Kabanda, benshi baribaza niba uyu muryango ukwiiye kujurira iyo myanzuro cyangwa kwemera amakosa washinjwaga ugasaba imbabazi. (…)