Inzozi Trump yarose ku manywa zo kuba Papa usimbura Papa Francis zisobanuye iki? Benshi barakaye!
Mu gihe Kiliziya Gatolika y’isi yose yari mu bihe bikomeye nyuma y’urupfu rwa Papa Francis rwabaye ku wa 21 Mata 2025, Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye gutera urujijo no gutuma isi imwibazaho. Ubwo yabazwaga (…)