Mose uherekejwe n’inzozi! Umunyabwenge ushaka kujya muri Amerika azajya yishyura Miliyoni 140
Ku wa 21 Nzeri 2025, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka rishya risaba ko abanyamahanga b’abanyabwenge bashaka kwinjira mu gihugu bazajya bishyura amafaranga menshi asaga miliyoni 140 Frw. "Mose uherekejwe (…)