Kamala Harris uri guhatanira kuyobora Amerika afite indangagaciro z’idini zituma akundwa
Kamala Devi Harris, umugore uzahagararira ishyaka ry’Abademokarate muri Amerika nk’umukandida uhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora azaba muri uyu mwaka wa 2024, afite indangagaciro za gikristo zituma akundwa cyane. Uyu mugore (…)