Nta gitangaza kiruta kuba ufite ayo madeni angana atyo ariko ukaba uriho-Bishop Gafaranga
Habiyaremye Zachary uzwi nka Bishop Gafaranga, yagaragaje ko ibyo abantu bita ibitangaza nta ho bihuriye na byo, ahubwo ko bya bindi birengagiza ari byo bitangaza. Uyu mugabo ufite iduka ricuruza imyenda we n’umugore we Anette Murava, abona (…)