Twaganiriye: Pastor Desiré yahishuye uko yatanzweho 1/10 n’icyamubabaje cyane mu myaka amaze ku Isi
Pastor Desiré Habyarimana ubarizwa mu itorero rya ADEPR washinze Agakiza.org yahishuye byinshi ku buzima bwe. Ni mu kiganiro yagiranye na Paradise kuwa 16/08/2024 nyuma y’umunsi umwe ari mu mashimwe yo kongererwa imyaka yo kubaho dore ko yizihiza (…)