Ibintu 10 biranga umuvugabutumwa w’indahemuka watumwe n’Imana
Turi mu gihe abantu bafite “amajwi abwiriza” ariko badafite “ukubana n’Imana.” Benshi biyita intumwa z’Imana ariko batarigeze babanza kubonana na Yo cyangwa kubohwa n’ijambo ryayo. Mu nkuru ya Christian Post batangira bagira bati: “Mu gitabo (…)