Mu byazanye Yesu mu buzima bwacu harimo no kuduhumuriza mu bihe by’agahinda n’umujinya
Imbaraga zo kubabarira. "Kuko nimubabarira abantu ibyaha byabo, na So wo mu ijuru azabababarira namwe, ariko nimutababarira abantu, na So na we ntazabababarira ibyaha byanyu". (Matayo 6:14;15). Imbabazi ni imbuto y’Imana. Ufite ubumuntu (…)