Nabwirwa n’iki idini ry’ukuri?
Bibiliya igaragaza itandukaniro riri hagati y’abari mu idini ry’ukuri n’iry’ikinyoma igiri iti “muzabamenyera ku mbuto zabo. Mbese hari uwasarura imizabibu ku mahwa, cyangwa imbuto z’umutini ku bitovu?” (Matayo 7:16). Nk’uko ushobora (…)