Isi nimenye impano zabo izatungurwa! Abahanzikazi 3 bazi icyo gukora muri Gospel ariko bigasa nk’aho birengagizwa
Mu Rwanda hari abantu bafite impano zidasanzwe mu ruhando rwa Gospel, rimwe na rimwe ugasanga bakorana umwete, bagashyira imbere umurimo w’ivugabutumwa, ariko ibikorwa byabo ntibigaragare uko bikwiriye. Abo bahanzi, bazi icyo baherewe izo (…)