Richard Nick Ngendahayo avuga ko buri uko agiye gusohora indirimbo nziza asuka amarira
Umuhanzi w’Umunyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Richard Nick Ngendahayo, yahishuye uburyo budasanzwe Imana imuha ikimenyetso cyo kumumenyesha ko indirimbo ye igeze ku musozo. Richard Nick Ngendahayo yavuze ko ari ikimenyetso (…)