Menya amagambo 7 azimije akunze gukoreshwa muri Gospel agasobanukirwa gusa n’abakristo b’imbere
Kuzimiza ntabwo biba mu Isi isanzwe gusa, ahubwo no mu Isi y’Iyobokamana birahari cyane. Si ikosa kandi gukoresha ayo magambo yihariye, kuko na Yesu yajyaga akoresha amagambo akakaye yiganjemo imigani, nyuma yo kuganiriza imbaga, abigishwa be (…)