Duhore twiteguye kuko tutazi umunsi n’igihe: Abantu 46 barohamye abarenga 16 bahatakariza ubuzima
Abantu barenga 46 bari mu bwato bwavaga mu mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma bagiye mu Murenge wa Karenge aha ni mu karere Karere ka Rwamagana barohamye ku gicamunsi cyo kuwa 26 Mutarama 2024. Bamwe mu baturage batuye muri uyu (…)