Papa Francis yiteguye urupfu rwe nyuma yo kuremba kubera indwara y’ubuhumekero
Papa Francis yasabye abamurwaje gutegura imihango yo kumuherekeza, kuko na we ubwe ahangayikishijwe n’uko ubuzima bwe buri mu kaga. Ibi bisanzwe bikorwa ku bami, na Papa yabisabye kuko ari kwiyumva mu buryo bushobora kumugeza ku iherezo (…)