Hari abakristu bamaze amajoro 7,000 muri gereza bazira kwemera kwabo
Eritrea ni igihugu kibarizwa mu ihembe rya Afrika, akaba ari mu Burasirazuba bw’umugabane wa Afrika, kiravugwamo guhohotera cyane abakristo. Eritrea ni igihugu cyabonye ubwigenge mu 1991, mu itegeko nshinga ryacyo cyemera ubwisanzure mu (…)