Ntibikagutere ipfunwe: Menya ibyiza bitatu byo gusengera mu Itorero rikiri rishya
Abantu benshi bakunda gutera mu nsengero zamaze kwiyubaka, zifite uko zimaze kumenyakana muri sosiyete, bakumva byabatera ipfunwe gusengera mu Itorero ricyiyubaka. Ariko mu by’ukuri si ko byakagenze ko burya hari n’ibyiza byo gusengera mu (…)