Uko mu Rwanda byari byifashe ku munsi wo kwizihiza Abatagatifu b’i Bugande bahowe Imana
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Kamena 2024, ku isi hose Kiliziya Gatolika yizihije ku nshuro ya 60 Abahowe Imana mu Bugande bagizwe Abatagatifu, ndetse n’abo mu Rwanda bizihiza uwo munsi. Mu gitambo cya misa yo kwizihiza ku nshuro ya 60 (…)