Kigali: Hateguwe igitaramo "Youth Convention 2023" cyatumiwemo lnjili Bora na Vestine na Dorcas
Umuryango wa Gikiristo wigisha urubyiruko cyane cyane mu bigo by’amashuri, Teens For Christ (TFC), wateguye igitaramo YOUTH CONVENTION kigiye kuba ku nshuro ya gatandatu aho hazitabira n’abahanzi b’ibyamamare. Vestine na Dorcas, ndetse n’andi (…)