Leta yasabye Abanyamadini gukomeza kuyifasha kubaka umuryango utekanye
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yagaragaje ko Leta y’u Rwanda yifuza ko abagize Ihuriro ry’Amadini n’Amatorero bakomeza gushyira imbaraga mu kuyifasha kubaka umuryango utekanye, uzira amakimbirane wimakaza isuku, kurwanya imirire (…)