Papi Clever & Dorcas
Papi Clever na Dorcas ni itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana ry’umugabo n’umugore. Kuwa 14.01.2023 nibwo bakoze igitaramo cyabo cya mbere, kikaba cyashimangiye uburyo bakunzwe cyane mu muziki wa Gospel.
Papi Clever na Dorcas ni itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana ry’umugabo n’umugore. Kuwa 14.01.2023 nibwo bakoze igitaramo cyabo cya mbere, kikaba cyashimangiye uburyo bakunzwe cyane mu muziki wa Gospel.
Sandrine ukoresha amazina ya Sando Nilse Desandos kuri Fecebook, yagaragaje akari ku mutima we nyuma yo kurushinga na Serge Iyamuremye bamaze gihe kinini bakundana. Tariki 01.01.2023 nibwo Serge Iyamuremye na Sandrine Uburiza basezeranye (…)
Nyuma yo kujya mu rukundo, rugashora imizi, Bob na Yvette bahisemo kuzabana iteka ryose ndetse bamaze guhamya isezerano ryabo imbere y’Imana. Sumayire Bob niyo mazina ye, gusa benshi bamuzi nka Nkunda Gospel kubera ikinyamakuru cya Gikristo (…)
Iyi nkuru ya Paradise.rw iribanda ku mahame akwiriye kuranga umukobwa ukijijwe mu rukundo. Mu kubaho kwacu Imana idusaba kugira ubwenge. Umuntu wese na none agomba kugira amahame cyangwa umurongo ngenderwaho kugira agere ku byo yifuza. Imwe (…)
Miss Nishimwe Naomie wabaye Miss Rwanda 2020 akomeje kuryoherwa n’urukundo n’umukunzi we bakunze kugaragara bari kumwe intambwe ku yindi agatoki mu kandi. Mu byamamare byo mu Rwanda, Couple ya Miss Naomie na Michael Tesfay iraza mu zabera (…)
Pastor Desire Habyarimana n’umugore we Adda Darlene Kiyange bamaranye imyaka hafi 19 barushinze, bakomeje gusangiza ababakurikira impamba y’ubuzima bw’urukundo rwabo. Desire & Adda ni rumwe mu ngo z’abakisto zishimye cyane. Nubwo (…)
Icyerekezo kiboneye cy’umuryango ukijijwe. Umuryango mwiza ntabwo wikora, bisaba kuwubaka ndetse abawugize bose bagahozaho. Ibi ni bimwe mu byatuma umuryango ukomera nk’uko bitangazwa n’abajyanama b’Imiryango batandukanye b’abakristo kandi (…)
Nk’uko yari yarabiteguje abantu ko azarushinga tariki 01 Mutarama 2023, ni ko byagenze, ubu Serge Iyamuremye ni umugabo wa Sandrine Uburiza barambanye mu rukundo. Nyuma y’uko tariki 14 Nyakanga 2022 Serge yasanze umukunzi we i Texas muri (…)
Gahindo Leah uzwi nka Dada ukorera umurimo w’Imana muri Truth Goshen Ministry, yahishuye byinshi ku rukundo rwe n’umugabo we wangiye kumurambagiza kera akirwaye Cancer. Yatangaje ibi mu muhango yimikiwemo akagirwa Pastor. Ni umuhango (…)
Ntibikunze kubona abaririmbyi babiri ba korali bakorera ubukwe umunsi umwe, Gisubizo Ministries yo byarenze kuba abaririmbyi babiri, baba batatu bakoreye ku munsi umwe umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko ya Leta. Ku ifoto Gisubizo (…)
Korali Shiloh Choir Rwanda ikomeje kuvugisha benshi nyuma yo gushyira hanze indirimbo nshya yise “Yaruhutse Umusaraba”, yakiriwe neza n’abakunzi (…)