Perezida Paul Kagame yabwiye aba ofisiye bashya ko ari ishema gutakaza ubuzima barinda abantu
Kuri uyu wa 15 Mata 2024, mu muhango wo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda ba ofisiye 624 bahawe ipeti rya ’Sous Lieutenant’ basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yababwiye ko gupfa (…)