Iyo Yesu aza kubaho nk’umuhanzi wa Gospel, utekereza ko igitaramo yari gukora cyari kuba kimeze gute?
Yesu Kristo ni umwe mu bantu wavuga ko babayeho nk’ibyamamare bikomeye mu gihe bariho na nyuma yaho. Icyakora ubwamamare bwe si nk’ubw’abandi bahanzi basanzwe, ahubwo bwo burenzeho. Ese byari kugenda bite iyo aramuka abaye nk’umuhanzi wa Gospel, (…)