Inkuru y’umuyobozi gakondo w’imyaka 63 washyingranywe n’umukobwa w’imyaka 12 ikomeje kuvugwaho byinshi
Umuyobozi w’idini rya gakondo abenshi badatinya kwita umukozi wa Satani cyangwa umupfumu wo muri Ghana, yateje uburakari bwinshi mu baturage nyuma yo gushyingiranwa n’umwana w’imyaka 12 mu bukwe bwabaye ku wa Gatandatu tariki 30 Werurwe 2024. (…)