Wari uzi ko Imana ari yo yazanye gahunda yo kwisiramuza ku bagabo ndetse bikaba itegeko?
Buri munsi abantu bo mu bihugu hafi ya byose bajya mu bitaro cyangwa ku muganga wikorera bajyanywe no kwisiramuza. Ahenshi bikorwa ku buntu cyangwa bakishyura. Muri Bibiliya iri jambo aho rikoreshwa handitse gukebwa. Uku gukebwa ni byo gufite (…)