Abantu bamwe baravuze ngo narapfuye ariko uyu si umuzimu wanjye nimunkoreho ndiho - Dominic Ashimwe
Umuramyi Dominic Ashimwe yatangaje ko mu gihe yari ahugiye mu nshingano zitandukanye hadutse ibihuha bitandukanye n’ukuri kwe ko mu mutima. Ibi yabitangaje mu gitaramo "Taste of the Heaven" ubwo yageraga hagati akaganira n’abitabiriye iki (…)