Uzamuhabwa n’Uwiteka: Nubona ibi bimenyetso 10 ku mukobwa uzihutire gutanga inkwano
Kubaka urugo rukomeye ntabwo bishingira gusa ku bwiza, amafaranga cyangwa amagambo meza. Abantu benshi bafite ubunararibonye mu rushako bavuga ko urugo ruramba rwubakwa n’imico myiza, indangagaciro n’uburyo umuntu yitwara mu buzima bwa buri (…)