× Home Ministries Choirs Pastors Bible Entertainment Development Health Love Fashion Music

Israel Mbonyi witegura kongera gutaramira muri Kenya yaririmbye "Baho" mu Giswayile ayita "Uwe Hai"

Category: Artists  »  November 2024 »  Jean D’Amour Habiyakare

Israel Mbonyi witegura kongera gutaramira muri Kenya yaririmbye "Baho" mu Giswayile ayita "Uwe Hai"

Israel Mbonyi yahinduye indirimbo "Baho" mu Giswayile ayita "Uwe Hai," mu rugendo yatangiye rwo guhindura zimwe mu ndirimbo ze zo mu Kinyarwanda akazishyira mu Giswayile, kugira ngo ubutumwa burimo bugere kuri benshi.

Uyu muhanzi ukunzwe mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba yiganjemo ibihugu nka Kenya na Tanzaniya bikoresha Igiswayile, ndetse na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, nyuma yo kugira abafana n’abakunzi benshi bo muri ibyo bihugu binyuze ku ndirimbo ziri mu rurimi bakunze cyane, yahisemo guhindura zimwe zo mu Kinyarwanda kugira ngo abamumenye nyuma bumve n’ubutumwa buzirimo.

Israel Mbonyi ashyize hanze iyi ndirimbo mu gihe ari kwitegura kongera gutaramira muri Kenya mu gitaramo kizaba tariki 31 Ukuboza 2024. Ni igitaramo cya Gatatu agiye gukorera muri Kenya muri uyu mwaka. Yavuze ko ari igisobanuro cy’uburyo yagiriye umugisha muri Kenya.

Israel Mbonyi yavuze ko abamutumiye muri iki gitaramo ari abandi, batandukanye n’abari bamutumiye mu bitaramo aherutse gukorerayo. Yaherukaga muri iki gihugu, ku wa 10 Kanama 2024, ubwo yaririmbaga mu gitaramo ’Africa Worship Experience’ cyabereye muri Stade yitwa Ulinzi Sports Complex iherereye ahitwa Langata mu Mujyi wa Nairobi.

Niba wifuza kuyifata mu mutwe, uge usoma aya magambo ayigize:
Uwe Hai
Mbali ninayatupa hayo yote yakushirakiyo
Maana Mii Ni Mwenyezi Mungu,
Usinzie nakufunika Tena
Mimi Niko Naweza kukutunza
kwa Neno la Kinywani mwangu
Na utayalalia haya Maneno
Kisha na mkono wangu
utakandamiza malengo ya wabaya
Maana Mimi Niko
Nitakulinda kwa gongo la Upendo wangu
Uwe hai, natamka, uwe hai.
Chorus:
Uwe hai, eweee Uwe hai Uwe hai, eweee
Uwe hai Wee mifupa ilio kauka ,
Ewe uwe hai Wee mifupa mikavu ewe uwe hai
Akanitazama kwa utele wa upendo wake,
Eti uwe hai Akanitazama,
kwa utele wa Rehema Zake,
Eti uwe hai.
Bridge:
Uko na alama ya damu yake mpenzi
We ni wangu mi wako ooh
Hayo ninayasema.

Amagambo agize "Baho" ari yo yahinduwemo "Uwe Hai"

Israel Mbonyi - Baho

Kure ni yo njugunye
Ibyo byose byakurega
Kuko nd’uwiteka imana
Usinzire ndagufubitse

Kandi nitwa ndiho
Mbasha kugutungisha
Ijambo ryo mukanwa kanjye
Kandi uzisegura, aya magambo
Ndetse ukuboko kwanye
Kuzaremerere imigambi y’ababi
Kuko nitwa ndiho
Mbasha kugutungisha
Inkoni y’urukundo ngukunda
Genda ubeho

Ndabivuze genda ubeho (Baho baho)
Yewe genda ubeho (Baho baho)
Yewe genda ubeho
We magufa yumagaye
Umva yewe genda ubeho
Yo ( we magufa yumagaye)
Yeeee, aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genga ubeho
Aranyitegereza imbabazi ziramusanga
Ati genda ubeho
Yeeee, aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genda ubeho
aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genda ubeho

Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe

Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze

Baho baho, Yewe genda ubeho
Baho baho, Yewe genda ubeho
We magufa yumagaye
Umva yewe genda ubeho
Yo ( we magufa yumagaye)
Yeeee, aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genga ubeho
Aranyitegereza imbabazi ziramusanga
Ati genda ubeho
Yeeee, aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genda ubeho
aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genda ubeho

Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze

Baho baho, Yewe genda ubeho
Baho baho, Yewe genda ubeho
We magufa yumagaye
Umva yewe genda ubeho
Yo ( we magufa yumagaye)
Yeeee, aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genga ubeho
Aranyitegereza imbabazi ziramusanga
Ati genda ubeho
Yeeee, aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genda ubeho
aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genda ubeho

Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Ufite ikimenyetso cy’amaraso y’umukunzi
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze
Uri uwanjye ndi uwawe
Ibyo ninjye ubivuze

Baho baho, Yewe genda ubeho
Baho baho, Yewe genda ubeho
We magufa yumagaye
Umva yewe genda ubeho
Yo ( we magufa yumagaye)
Yeeee, aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genga ubeho
Aranyitegereza imbabazi ziramusanga
Ati genda ubeho
Yeeee, aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genda ubeho
aranyigereza urukundo ruramusanga
Ati genda ubeho

Izindi ndirimbo yahinduye azivanye mu Kinyarwanda akazishyira mu Giswayile harimo Kaa Nami (Tugumane), Malengo ya Mungu (Nzi Ibyo Nibwira), Amenisamehe (Yankuyeho Urubanza) n’izindi, kandi ateganya kuzakomeza

Uwe Hai

Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.