
Ni mu Rwanda: Ahantu 10 hateye amabengeza watemberera ukarushaho gutangarira Imana
Hari abantu usanga badaha agaciro ibikorwa by’ubukerarugendo ngo basobanukirwe n’ibyiza karemano Imana yaremye, nyamara ariko uko ni ukwirengagiza ko ubukerarugendo ari ishuri ryigisha byinshi bitazasibangana. Iyo umuntu ahagaze ku nkengero (…)