Patient Bizimana yasanze umuryango we muri Amerika ari na ho bagiye gutura-VIDEO
Nyuma yo gukorera mu Rwanda ubukwe bw’agatangaza bwabaye umwaka ushize, Patient Bizimana yamaze kugera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika asanzeyo umuryango we. Kuri iki cyumweru tariki 30 Ukwakira 2022 ni bwo hasohotse amafoto n’amashusho (…)