Hillsong London yanyeganyeje BK Arena mu gitaramo cyaririmbyemo Benjamin Dube na Aime Uwimana-AMAFOTO
Muri Kigali haraye habaye igitaramo cy’imbaturamugabo cyatumiwemo Hillsong London - abaramyi bakunzwe ku rwego rw’Isi na cyane ko ari ishami rya Hillsong ifatwa nka nimero ya mbere ku Isi mu matsinda akora umuziki uhimbaza Imana. Ni igitaramo (…)