Tubafata nk’abantu bataye umurongo - Zion Temple ivuga ku bayijyanye mu nkiko bashinja Gitwaza kuyigira nk’akarima ke
Hari hashize igihe muri Zion Temple hari umwuka mwiza, ariko ubu humvikanye abayijyanye mu nkiko bavuga ko bagize Inama y’Abashinze Zion Temple, bakaba bashinja Dr Apôtre Paul Gitwaza kuyobora itorero nk’akarima ke. Zion Temple iherutse (…)