Meddy agarutse mu bikorwa bye nyuma y’ikiruhuko cyo kwita ku muryango
Meddy yatangaje ko agarutse mu bikorwa bye nyuma y’ikiruhuko cyo kwita ku muryango, avuga ko “Kwita ku bana babiri bitari iby’abanyantege nke” Umuhanzi wamenyekanye mu muziki nyarwanda ariko nyuma akiyegurira umurimo w’ivugabutumwa (…)