Abakozi b’Itorero ADEPR bahawe ikiruhuko cyo ku wa Mbere kugira ngo bakomeze kwizihiza Pentekote
Itorero rya Pentekote mu Rwanda, ADEPR, ryatanze ikiruhuko ku bakozi baryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Gicurasi 2024, mu rwego rwo kubafasha kurushaho kwizihiza Umunsi Mukuru wa Pentekote uba rimwe mu mwaka. Ku wa Gatandatu tariki ya 18 (…)