Kiliziya Gatolika muri Congo-Brazaville yamaze abaturage impungenge bafite zo kuba ubutaka bwatijwe u Rwanda bwarongewe
Inama y’Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika muri Repubulika ya Kongo (Congo-Brazaville), yamaze abaturage impungenge bafite zo kuba ubutaka bwatijwe u Rwanda mu mwaka wa 2022 bwarongewe. Mu ruzinduko Perezida Paul Kagame yagiriye i Brazaville mu (…)