Inama umukobwa w’imyaka 17 yagiriwe zatumye ahindura umwanzuro wo gukuramo inda habura umunsi umwe
Laurence yafashe umwanzuro wo kubyara umwana we w’umukobwa yise Keilla nyuma yo guhabwa ubufasha (inama) n’Umuryango Mouzamahanga wita ku Buzima mu Rwanda (Human Life International Rwanda). Umuryango wita ku buzima muri Kiliziya Gatolika (…)