Abahamya ba Yehova barizihiza Umunsi Mukuru w’Urwibutso rw’Urupfu rwa Yesu
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 12 Mata 2025, Abahamya ba Yehova bo hirya no hino ku isi, harimo n’abari mu Rwanda, barizihiza Umunsi Mukuru w’Urwibutso rw’Urupfu rwa Yesu. Uyu ni wo munsi mukuru ukomeye mu mwaka kuri bo, kuko bawufata (…)