Ni umuryango ukomeye ku Isi! Issa Noel Kalinijabo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Teens for Christ mu mujyi wa Kigali
Issa Noel Kalinijabo umwe mu banyamakuru bagize uruhare rukomeye mu kubaka Gospel aho kuri ubu akorera Isango Tv, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’umuryango Teens for Christ Rwanda mu mujyi wa Kigali. Teens for Christ (TFC) ni umuryango (…)