Jacky Flower akomeje kudabagiza abakiriya! Tegura ubukwe ureke kwitwaza ko wabuze ukwambika
Hari abasore n’inkumi muganira bakakubwira ko mu byatumye batinda gukora ubukwe, byatewe n’imyambarire ya bagenzi babo bambariye ikabatera ipfunwe. Hari n’abakubwira ko aho kugira ngo bakore ubukwe nk’ubwo baherutse gutaha, bahitamo kubusubika. (…)