Nanone ababaswe n’itabi bakarireka ntibatanga umusaruro uhagije mu kazi, bitewe n’ingaruka zibageraho nyuma yo kurireka.
Ikinyamakuru New York Times kiri mu bikomeye ku Isi, cyavuze ko “umukozi unywa itabi atwara umukoresha we amafaranga y’inyongera angana n’amadolari y’amanyamerika 5,816 mu mwaka [Miliyoni 5 Frw], ugereranyije n’umukozi utarinywa”.
Dukurikije amakuru yakusanyijwe n’abashakashatsi bo muri kaminuza yo muri leta ya Ohio, ayo mafaranga yabazwe hashingiwe ku gihe bamara banywa itabi, amafaranga menshi akoreshwa mu kubavuza no gusiba akazi kenshi.
Nanone ababaswe n’itabi bakarireka ntibatanga umusaruro uhagije mu kazi, bitewe n’ingaruka zibageraho nyuma yo kurireka. Isomo ririmo ni uko icyaha ari kibi. Niba utaranywa itabi na rimwe mu buzima bwawe, ntuzakinishe kurinywa rwose kubera ububi bwaryo.