Ni kenshi usanga abagabo bihagararaho mu gikorwa cyo kwiha akabyizi mu gikorwa cy’abashakanye, ni ikibazo gikomeje gukurura amakimbirane mu bashakanye niba umugabo atanga ibyo kurya ntabe akodesha inzu mbega yihagije, ariko byagera mu buriri umugabo akaba ikigwari.
Abagabo bananirwa kwiha akabyizi, bakigarararaho, igisubizo cyabo cyabonetse nk’uko Pastor Rugamba Erneste abitangaza. Ati: "N’ubwo benshi bihagararaho ariko dore igisubizo ni Rivive yabaye inteturura ku bagore barayivuga imyato".
Asobanura ko Revive "ikozwe mu bimera, kandi nta ngaruka igira ku mubiri, ikaba inyongera mirire itera abagabo kugira ubushake iyo bwabuze, iyo umugabo acika intege mu gikorwa cyo gutera akabariro, awufatanya n’uwitwa Ca +Fe +Zi, ubundi ukongera kuba imbirizi mu buriri".
Bamwe mu bayikoresheje baduhaye ubuhamya ariko badusaba ko tutavuga amazina yabo, niyo mpamvu umwe twamuhaye inyuguti ya K D yagize ati "Nari narabaye nk’agahinja mu rugo rwanjye buri mugabo iyo ntakigenda mu buriri nta jambo ugira mu rwawe".
Uyu mugabo wubatse urugo amaze imyaka irenga 20 yubatse akaba n’umukristo ariko byari byanze mu gutera akabariro yewe yagiye mu byumba by’amasengesho biba iby’ubusa ariko amaze kubona ubujyanama akaganirizwa akanarangirwa uyu muti witwa Rivive arawuvuga imyato.
KD aragira ati "kubera umujagararo (stress) nari mfite bivanze n’umunaniro kubera akazi kenshi, umufasha wanjye yari agiye gusubira iwabo ariko aho ngiye muri M&PSC Ltd bakandangira Revive, madamu yongeye kumwenyura kubera yasubiye kunezerwa nka mbere. Ubu nongeye kuba umugabo mu rugo nsubirana ijambo"
Umuyobozi wa M&PSC Ltd, Pastor Erneste yadutangarije ko bafite ubuhamya bw’abagore basigaye bazana abagabo babo kubavuza nubwo bamwe batabikozwa kubera ipfunwe bafite bumva batajya ku bavuzi birimo kugayika.
Ntitwasoza tudakanguriye abagabo kwikuramo imyumvire yo hasi yo kutivuza niba arwaye nyamara mu gihe umugore we yamuca inyuma yamuhitana.
Umuti wa Revive uvugwa imyato n’abagabo banyuranye
NB: Iyi nkuru yakorewe abashakanye gusa!