Dani Alves wakiniye FC Barcelona na PSG akaba yarahamijwe icyaha cyo gufata ku ngufu, yamaze kuba Pasiteri
Dani Alves, umwe mu bakinnyi bakomeye cyane babayeho mu mupira w’amaguru ku isi, wakiniye amakipe akomeye arimo FC Barcelona na Paris Saint-Germain, yamaze kuba Pasiteri. Dani Alves yongeye kugarukana ubuzima bushya nyuma y’igihe yari amaze (…)