Niba mu isi abananiranye bafungwa no mu buryo bw’Umwuka ni uko, rahira ko utambaye iroze? - Ev. Ishimwe Naphtar
Mu rusengero ni mu rugo kandi papa mu rugo aba azi byose, nta kikubaho data atazi, nta na kimwe papa mu rugo atazi, ibyo unyuramo biruhije ntugire ikibazo papa arabizi. 1 Kor 3:16 Ntimuzi y’uko muri urusengero rw’Imana, kandi ko Umwuka (…)