Hari aho byageraga nkumva ndarwaye, Kristo akampagararaho - Bosco Nshuti ku ngorane nk’iza Pawulo
Avuga ku ngorane yahuriye nazo mu rugendo rw’ivugabutumwa, Bosco Nshuti yavuze ko hari igihe yatumirwaga mu gitaramo arwaye akihangana akitabira ubutumire, gusa yagera ku ruhimbi Kristo akamuhagararaho. Ese ibi nabyo tubyite imvune (…)