Ibyo ntunze mbikesha Yesu wanshunguje urupfu rubi ku musaraba - Wilson imbuto nshya muri Gospel
Wilson Nsabigaba, umunyempano wo guhangwa amaso, yavukiye mu karere ka Huye ahazwi nk’i Butare gusa ubu atuye mu mujyi wa Kigali. Uyu muramyi Wilson Nsabigaba wiga mu mwaka wa 2 wa kaminuza muri (EAST African University), yashyize hanze (…)